Rayon Sports yananiwe gukura intsinzi kuri Police FC mu mukino w’ishiraniro - AmafotoUmukino wabanjirijwe no gukusanya inkunga yo gufasha umukinnyi Gangi urwaye Amakipe yombi...
Herve Rugwiro yacunguye APR FC yokejwe igitutu cyane na Mukura i HuyeUmukino ujya kuba, habanje kuvugwa amagambo menshi ku mpande zombi kandi ikipe zose zari...
Rwatubyaye wagiye muri Rayon akazitirwa na APR FC yamaze kubohorwaMu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 23 Gashyantare 2017, nibwo ubuyobozi bwa APR FC...
Muri iyi nkuru turagereranya uko u Rwanda rwitwaye muri uyu mwaka wa 2017, ugereranyije n’umwaka...
Zanaco FC yafanwaga n’abafana ba Rayon Sports, yasebereje APR FC iwayoNyuma y’uko umukino ubanza wabaye kuwa Gatandatu ushize wari warangiye amakipe yombi anganya...
Umunyarwandakazi Uwamahoro Cathia yaciye agahigo katarakorwa n’undi mukobwa ku isiNyuma y’uko ageze ku byo yari yiyemeje, uyu mukobwa yatumye abanyarwanda bongera kubyina...
Gen James Kabarebe na De Gaule bagobotse umukinnyi Gangi urembeye mu bitaro bya GisenyiHategekimana Bonaventure Gangi, yahuye n’ikibazo cy’uburwayi amaranye igihe, akavuga ko ubu...
Perezida wa FERWAFA, Vincent De Gaule n’umunyamabanga we bongeye kugezwa mu nkiko Kuwa Gatanu tariki 24 Kamena 2016, nibwo urukiko rwa Nyarugunga rwari rwasomye urubanza...
Abafana ba Rayon Sports bari basabiwe gufungwa imyaka itanu bagizwe abereKuwa Gatatu tariki 18 Mutarama 2017, nibwo ubushinjacyaha ku rukiko rwa Nyarugunga bwari...
Ikipe y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare yegukanye imidari mu MisiriNdayisenga Valens na Areruya Joseph bari mu ikipe y’u Rwanda, bari mu bitwaye neza muri aya...
Uyu mukino waberaga mu Budage ku kibuga cya Bayern Munich, byagaragaraga ko Arsenal irushwa...
Uyu mukino wabereye mu Bufaransa, benshi bari biteze ko Barcelona iza kwihagararaho nk’ibisanzwe...
Volleyball : Nyuma y’iminsi 3 hatowe komite nshya, babiri bamaze gutabwa muri yombi na PolisiAbatawe muri yombi ni Hatumimana Christian usanzwe ari umunyamabanga mukuru w’iryo shyirahamwe...
APR FC yakiriwe neza muri Zambia aho igiye gukina na Zanaco FC - AmafotoAPR FC yageze muri Zambia saa sita na cumi n’itanu (12h15’) ku masaha y’i Kigali na Zambia,a...
U Rwanda ruzahura na Tanzaniya mu guhatanira itike ijya muri CHAN 2018 Bigendanye n’uko amakipe aba akurikirana ku rutonde rusange rwa FIFA, habaye tombora aho u...
Abafana ba Rayon Sports bahojejwe amarira bari bafite kubera Kwizera PierrotUyu musore Kwizera Pierrot yavuye mu Rwanda nyuma y’umukino wa nyuma w’imikino ibanza ya...
Mu minota ya mbere y’umukino, ikipe ya APR FC yabonye igitego cyayo cya mbere cyatsinzwe na...
Kuri uyu wa Mbere tariki 30 Mutarama 2017, nibwo amakuru yakwirakiye ko umukinnyi wo hagati...
Hari bombori bombori muri Rayon Sports yatumye Skol yitondera kongera amasezeranoMuri iyi nama y’Inteko rusange, Kimenyi Yves ni we wafashe umwanya asobanura uko ikibazo giteye....
Nk’ibisanzwe mu muryango iyo bacoca ibibazo, impaka, gukoresha amagambo akomeye no gushinjanya...
Byinshi mu biteye amatsiko kuri Jean Lambert Gatare wogezaga umupira bikaryohera imbagaMu kiganiro kirambuye yagiranye n’Ikinyamakuru Ukwezi.com, Jean Lambert Gatare yasobanuye...
Mu kiganiro kirambuye yagiranye n’Ikinyamakuru Ukwezi.com, Jean Lambert Gatare yasobanuye...
FA CUP : Liverpool yandagajwe n’ikipe yo mu cyiciro cya 2, Arsenal itsinda Wenger adatoza Ikipe ya Liverpool yatsinzwe bayisanze ku kibuga cyayo cya Anfield Rood, bayihandagariza...
Rayon Sport yimaze agahinda yatewe na APR FC yihimura itsinda Kiyovu - AMAFOTO Ni umukino watangiye ubona Rayon Sport isatira kurusha Kiyovu aho ku munota wa 16 w’igice cya...
APR FC niyo yatangiye isatira cyane, ndetse ubona inarusha bikomeye cyane Rayon Sports....
Ikipe ya Pépinière byari byitezwe ko ishobora gutsindwa byinshi na APR FC, yihagazeho maze ibasha...
Ubushinjacyaha bwasabye ko abafana ba Rayon Sports bakatirwa igifungo cy’imyaka 5Kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Mutarama 2017, ubushinjacyaha ku rukiko rwa Nyarugunga bwasabiye...
Abahurira muri siporo bagiye mu Itorero, bibuza De Gaule kwitabira CAN - AmafotoNi mugihe imikino y’igikombe cya Afrika irimbanyije, ubusanzwe iyi mikino kimwe n’i’y’igikombe...
Ikipe y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare yatumiwe mu irushanwa rikomeyeAbashinzwe gutegura Tropical Amissa Bongo bashyize ahagaragara amakipe 15 azitabira iryo...
Ubu FERWAFA yamaze kuganirana Pepeniere FC yemera ko yakomeza gukinira ku kibuga cyayo, nayo...
Amakipe menshi yo muri Kenya arifuza umukinnyi Danny Usengimana wa Police FC UsengimanaDanny w’imyaka 20 y’amavuko, yigaragaje cyane muri Isonga FC yari ifite inshingano zo...
Mu mupira wo mu Rwanda hari amarozi ateye ubwoba, Perezida Kagame ari mu bayamaganyeAbakinnyi b’umupira w’amaguru mu Rwanda, abatoza babo cyangwa n’ubuyobozi bw’amakipe atandukanye,...
Icyemezo muri Kongo bafashe batinya imvururu, gishobora gutuma Sugira Ernest aba yitahiyeIri tangazo ryashyizwe ahagaragara n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri iki gihugu , aho...
Cristiano Ronaldo yakoze andi mateka ahigika Lionel Messi, atwara Ballor d’Or ye ya kaneIbi Cristiano yabigezeho nyuma yo kwitwara neza haba muri Real Madrid no mu ikipe y’igihugu cya...