ariko ni gute umupolisi akora control nijoro wenyine nta modoka cg moto mu buryo ntabwirinzi ? kuko niho hanashobora guca ruswa ntawe ubimenye ; akora nijoro yakagombye kuba ari kunganirwa nabagenzi be 3 banafite imodoka kuburyo imvura inaguye cg habaye impanuka nkiyabaye nyirabayazana atabaca murihumye, Rwose polisi nibikosore icyo kibazo ntikizongere kubaho kuko gisa nkicyaturutse no kuburangare
BIRABABAJE CYANE PEE TWIHANGANISHIJE UMURYANGO WA NYAKWIGENDERA ARIKO ABAPOLICE BAKORA NIJORO UBANZA BABA BASINZE UBWO WAVUGA GUTE KO MUGEZEWE NTARUHARE ABIFITEMO KUGIRANGO MUGEZEWE APFE AREBA NTAMENYE NA PLAQUE Y’IMODOKA NTIBYUMVIKANA PEE HABEHO UBUSHISHOZI BUHAGIJE
Ibi birababaje rwose cyane twihanganishije umuryango we. Ariko se ko Abapolisi mbona bakora ari babiri mugenzi we yari yagiyehe ? kuki atahise ahuruza.

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
Ntacyo umuntu yarenzaho uretse amarira n’agahinda gusa. Mana wee ! Sinzamwibagirwa Grace umukobwa mwiza bihebuje wasigaye wenyine,none nawe akaba atashye mu buryo nkubu. Police ishakishe uyu muntu kugeza imubonye imwereke abanyarwanda kuko bitabaye ibyo nayo yaba itakaje amanota muburyo Bukomeye. kuko itabashije kwirinda ntiyarinda n’abandi. RUHUKIRA MU MAHORO MUVANDIMWE GUHORA USEKANA INTIMBA NIBYO NSIGARANYE NK’URWIBUTSO