ibyahanuwe bimaze gusohora igisigaye nukwezubugingo gsa abantu bamaze kubababi gsa imana izibyoyo imamikwakire
gusa ntibikabatungure anado ys muntu abadha kubika ishusho yabonye bwa nyuma mwihangane abicwa gutyo ni yo baba batinya mu bu camanza !@
sibo bakuyeho igihano cyurupfu njy mbona cyagaruka rwose kko ntiho byashir ibyubwicanyi kuko nubundi arakwic akavuga ko nibamufata azafungwa bakamukatir akavamo woe ukabora yigaramiye. reta igomb gufat izo ngamba ikarusubizaho naho ubundi kwica bagize ibintu bisanzwe
ntamutekano uri kumipaka yu Rwandan, interahamwe zinjira zigasohoka uko zishatse, akaza akubwirako ashaka akazi iwabo ari kukibuye gikongoro...... kiriwe kwica umuntu akisubirira nyiragongo ntagihombo,. abaturage nitwe twagafashe iyambere tukareka kigambanira igihugu twikora munda. Nta munyarwanda urubayemo imyaka Byibuze 10 wakwica umuntu murubwo buryo
ntamutekano uri kumipaka yu Rwandan, interahamwe zinjira zigasohoka uko zishatse, akaza akubwirako ashaka akazi iwabo ari kukibuye gikongoro...... kiriwe kwica umuntu akisubirira nyiragongo ntagihombo,. abaturage nitwe twagafashe iyambere tukareka kigambanira igihugu twikora munda. Nta munyarwanda urubayemo imyaka Byibuze 10 wakwica umuntu murubwo buryo
nukuri ako nagashinyaguro gakabije inzego zishinzwe umutekano nizihige abobagizi banabi bahanwe kuko birakabije
Ariko Mana ! Waje ukarangiza iyi si ko yatubereye mbi koko ! Nkuyu mwana azize iki ?
Hamulabi laws<eye for eye.teeth for teeth>ababantu bafashwe niko byakagenze. Mana tabara abatuyisi yawe !!
Ibi noneho birarenze !police nibahige bubi nabwiza

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
ntago ari byo
â ¤