ni gute umuntu nk uyu atoroka gereza ? hari abamufasha gutoroka.
abantu bakora uburaya Niko babaye wagrango ntamutima bagira nukuri ubundi nkuriya nawe yakishwe nabi kuko si umuntu ahubwo amafot ye bayakwirakwize ahantu hose kugirango azafatw vuba nkababagenocidaire mujya mubona kubiro byimirenge mumasok no muri gare
Abagome nibenshi mugihugu.ahubwo Imana iba ibagaragaza.gusa buriwese utekereza aryo age yigaya mumutimawe kuko ntago kugira umutima wubugome aribyiza.muziko ninyamanswa zitakivira ubugome ahubwo arabantu babizigaranye gusange Abagizi banabi.mbasabiye kumana kujya Ibaha kwicuza.ikanabahana
byintanga rugero kuko n
hakwiye gushyirwa kurutonde amazina namafoto byabagome nkabo bigakwirakwizwa munzego zibanze zose murwanda ;hagakorwa ibarura rusange hagamijwe kubashakisha.
birabaje kabisa. izi ngeso ziteye agahinda. ubu se yagiye i Kigali umugabo ntajye aza no ku musura ? uyu mugenzi we se nawe yari indaya ?
Ubu nubugome burenze kamere kotsa umuntu kuriya ni nko kwica uruboza ndetse wanarangiza ugatoroka gereza ! ubu nukuvuga ko aregwa ibyaha bibiri. Ariko polisi yacu ndayizera cyane aho yaba ari hose azafatwa kandi ahanwe namategeko.
Ariko uyu mugore atoroka ate gereza nabagabo byarabananiye ??!! ni nde umufasha gutoroka mu nzego za gereza ?? kuki hadakorwa iperereza ngo abakingira ikibaba uriya mugizi Wa nabi nawe akulikiranwe
Ubugome bubabwinshipe !!!! Uyunisatani akwiriyekuba ikuzimu kuko uyubanamufunze yatwika nizindimfungwa





Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
mbega ubugome byindenga kamere ! nukuri amafoto muyakwize muturere twose afatwe kuko birababaje gukorera mugenzi wawe ubugome kubwo !