Jewenananje Ndumva Umugore Nkuwo Wo Pfuma Umureka Hako Umuzana Aruwokugutera Ibibazo.
Mana we jyewe nashyingiwe niteguye kuburyo manumva mubuzima umuryango wange ufite agaciro cyane cyane papa w’abana ,ndagira inama abagore bagenzi bange ngo bajye bubaha abo bashakanye babahe urukundo rwose bafite kuko burya umusore wiyemeza kugukwa akagukura iwanyu ngo mufatanye ubuzima aba yagukunze,nyabuneka mugerageze bagore mugire indangagaciro z’ababyeyi.kdi ntabuzima buryoha nko kubana numuntu mwishimye .ni nka paradizo pe.erega utubazo mubantu ntitubura ariko muricarana mukaducoca ubuzima bugakomeza mwagira umugisha mukuzukuruza.bagore bagenzi bange ndabona ibi bikomeye mureke dusubize agatima impembero nicyo cyarangaga umutegarugori w’irwanda.mureke gushavuza abagabo banyu.kugeza aho bamwe bari kuvuga ko bazabica koko.uuuuh.biteye agahinda kdi burya iyo ushatse umugabo wujuje imyaka y’ubukure uba uzi icyo gukora bitihi se mujye mwigumira iwanyu.Murakoze
Mana we jyewe nashyingiwe niteguye kuburyo manumva mubuzima umuryango wange ufite agaciro cyane cyane papa w’abana ,ndagira inama abagore bagenzi bange ngo bajye bubaha abo bashakanye babahe urukundo rwose bafite kuko burya umusore wiyemeza kugukwa akagukura iwanyu ngo mufatanye ubuzima aba yagukunze,nyabuneka mugerageze bagore mugire indangagaciro z’ababyeyi.kdi ntabuzima buryoha nko kubana numuntu mwishimye .ni nka paradizo pe.erega utubazo mubantu ntitubura ariko muricarana mukaducoca ubuzima bugakomeza mwagira umugisha mukuzukuruza.bagore bagenzi bange ndabona ibi bikomeye mureke dusubize agatima impembero nicyo cyarangaga umutegarugori w’irwanda.mureke gushavuza abagabo banyu.kugeza aho bamwe bari kuvuga ko bazabica koko.uuuuh.biteye agahinda kdi burya iyo ushatse umugabo wujuje imyaka y’ubukure uba uzi icyo gukora bitihi se mujye mwigumira iwanyu.Murakoze
ubwo se nkuwo nguwo aba yaraje kwemera no kwiyemeza ibyo
atazashobora ? gusa burya ngo amahitamo aragora.
ubwo se nkuwo nguwo aba yaraje kwemera no kwiyemeza ibyo
atazashobora ? gusa burya ngo amahitamo aragora.
Mukome urusyo mutibagiwe invasive ! Abagabo se bo ni abere ra ? Muzambaze akwicira kurwara nk’inda. Ni umwana wundi koko !
Mukome urusyo mutibagiwe invasive ! Abagabo se bo ni abere ra ? Muzambaze akwicira kurwara nk’inda. Ni umwana wundi koko !
nibyo birababaje.arko mugemutecyereza kure ngewe mfite inshuti yange yagiraga umurava wogukorera urugo rwe azagufata umugabo we yamuciyinyuma .guherubwo arahinduka !! keshi ahari arumwotsi haba hari.......
nibyo birababaje.arko mugemutecyereza kure ngewe mfite inshuti yange yagiraga umurava wogukorera urugo rwe azagufata umugabo we yamuciyinyuma .guherubwo arahinduka !! keshi ahari arumwotsi haba hari.......
Mfite nkuyu neza neza yo gahambirwa !wagirango mwarebye uwiwanjye !ntacyo atankoreye na kumwe muri ibi,gusa nzamutema kdi ntazamenya ko arinjye
Hari umugore wajujubije umugabo,sms zije phone ye niwe uzisoma,nta muntu w’ igitsinagore umuvugisha yewe nabo bakorana,umugabo arenda kureka akazi kandi n’ umuyobozi ukenerwa na benshi,umugore ni umurokore,basezeranye ar aba gatolika,ngo kuko umugabo atarokowe ni umunyabyaha,iyo yinywereye biba bibi,asigaye yiyahuza inzoga agataha bitinze umugore arara amutuka ngo avuye mu ndaya,yataye umutwe neza ñeza,....abagore ahaaa
– Basigaye ari bamutima wagasozi ntibakiri bamutima w’urugo
– ukurusha urugo rwiza akurusha umukozi ntibikiri umugore
wagirango ni uwanjye mwabonye neza neza,njyewe ariko nzamwica,hari aho mutegeye,ntanuzarabukwa ko arinjye wamwishe,nzamupangira imodoka imugonge ihite ibura !yanciye inyuma ndabimenya,hari cadeau ndi kumutegurira !murumva hari ikindi namuhanisha koko
abagore nkaba babaho ! ariko se niki kiba kibateye kutishimira urushako ? niba ari ingeso mbi ibibatera afazari batana,, niba arumugabo nawe ubimutera aha bose baba bafite ikibazo,, bakeneye gushaka uwabaganiriza bombi,, akabafasha ibibazo bigakemuka,, kuko harabagabo bazengereza abagore ukazasanga umugore yararambiwe yavuye kubintu
abagore nkaba barihiho benshi ! ariko inama nagira umugabo wese utunze umugore umeze gutya nuko akwiye kurebakure akitondera kuba yafata umwanzuro uwo ariwo wose atabanje gutekereza inyungu zabo yabyaye.naho umugore nkuwo ntaba ateze guhinduka.
Good ! Ariko se ko mbona mwaciye ukuri hirya ko hari na benshi batishimiye urushako rwabo kubera ibyo abagabo babo babakorera ? Kuko ibyo byose mwavuze haruguru mwibuke ko hari n’ababikora kubera ko babuze uko babigenza kubera kunanizwa n’abobashakanye.
abagorenkabo barihope !!!
eeeeeeeh !ko numva nigiriye ubwoba ,yewe nuwashaka ibyabagore yabireka pe kuko mbona umuntu bushobora kuzarangira yarasaze
Umugore uteye uku ntaba atishimiye umugabo ahubwo aba ari "ikigoryi"aba atazi icyatumye ava iwabo
Yewe, uyu mwanditsi Wasa ngo yanditse ibyanjye n umugore ! Yaranzengereje mpitamo kunywa inzoga ntarazigeze none ubu yahamagaye iwabo ko atagishaka umugabo , baza kumutwara sayine zijoro, agiye atwite ningira amahirwe nzabona uwo mwana , ariko pe nsbagabo bamwe ntworoshye ark biragatsindwa kubana n umugore utishimiye urushako